Ferwafa yavuze ku barwanira kuri stade n’abateza akavuyo

02/05/2024 20:07

Ubuyobozi bwa FERWAFA bwavuze ku batoza, abakinnyi n’abafana barwana ku kibuga.

Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, Kalisa Adolphe ‘Camarade’, yavuze ko kuba barahannye Umutoza wa AS Kigali WFC, Ntagisanimana Saida wakubise Rwaka utoza Rayon Sports WFC, byari mu bubasha bwabo kuko nta gihe cyari gihari ku buryo akanama k’imyitwarire muri Ferwafa gaterana kandi hari undi mukino yari gutoza.

Umuyobozi wa FERWAFA, Munyantwali Alphonse, yavuze ko hari amakosa arimo “ruswa” badahana kubera kubura ibimenyetso.

Yasabye abakinnyi, abatoza n’abafana ko bagomba kujya bitwara neza, bakirinda imirwano n’ubugizi bwa nabi.
Mugihe bitabiriye imikino y’Amakipe yabo.

Advertising

Previous Story

Diamond Platnumz yahaye zuchu gasopo

Next Story

Jose Chameleon yashimiye u Rwanda muri muzika ye

Latest from Imikino

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop