Element yahakanye iby’urukundo ni nkumi igaragara mu mashusho y’indirimbo ye avuga kuri Kelia Ruzindana

07/06/2024 12:29

Umuhanzi Element akaba na Producer yakanye iby’urukundo n’umukobwa yashyize mu mashusho y’indirimbo nshya yise ‘Milele’.

Uyu muhanzi avuze ibi nyuma yo kumvikana mu bitangazamakuru bitandukanye hafi ya byose, byanditse ‘Urukundo rwa Element ni nkumi rugeze aharyoshye’.Element, yemeza ko byari akazi.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, yabajijwe ati:”Uriya mukobwa nta makuru namutanzeho, uriya mutima na Rumaga nkushyiraho (Bari kumwe).Uriya mukobwa ntabwo ari umukunzi. Oya ntabwo ari umukunzi”.

Muri iki kiganiro, Element yavuze ko umukobwa witwa Kelia Ruzindana bakundanaga bikavugwa ko batandukanye, bakiri inshuti.Ati:”Turacyari inshuti, kuba yaragiye kwiga nanjye ndagenda”. Ubusanzwe Element aherutse gushyira hanze indirimbo avuga ko yamutwaye arenga Miliyoni 40 z’Amafaranga y’u Rwanda.

Advertising

Previous Story

NKORE IKI: Ndi umugabo wubatse ariko nakunze undi mwana w’umukobwa ku buryo ntabaho nta mufite

Next Story

Guverinoma ya Etiyopiya yatangaje ko Urugomero runini rwa Renaissance Réissance (Gerd) rwabyajwe amashanyarazi arenga 2.700 (GWh) mu mezi 10 ashize kurenza uko byari byitezwe

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop