Dore uburyo 4 bwiza bwo gufata umukunzi wawe uguca inyuma

31/08/2023 12:47

Burya kumenya cyangwa gutangira kumenya ko umukunzi wawe cyangwa umugabo cg umugore wawe aguca inyuma ni ibintu bibi bikubabaza ndetse bigashengura Umutima wawe.

 

Gusa biba byiza iyo watangiye gucyena ko umukunzi wawe aguca inyuma ukirinda kubimubaza ahubwo ukihutira gushakisha ibimenyetso bifatika bigaragaraza ko Ari kuguca inyuma.

 

Dore uburyo bwiza bwo gufata umukunzi wawe uguca inyuma:

 

 

Tangira ugenzure ibyo akorera kuri murandasi (online): Muri iyi minsi murandasi isigaye yarorohereje abantu gucana inyuma mugihe uri gucyeka ko umukunzi wawe Ari kuguca inyuma tangira ugenzure ubutumwa email zose yakira kugira ngo umenye neza ko Ari kuguca inyuma koko.

 

 

 

Genzura imyitwarire ye: Burya umuntu uri kuguca inyuma uko biri kose atangira guhinduka mu Mico ye wari usanzwe umuzigo uko yakwitagaho nabyo bigenda bigabanuka rero nabyo ukwiye kubireba.

 

 

 

Shaka umuntu ugucungira umukunzi wawe: Mu gihe utangiye gucyeka ko umukunzi wawe uguca inyuma shaka umuntu wizeye ushobora kugucungira Niba koko umukunzi wawe ari kuguca inyuma.

 

 

 

Ganira n’inshuti ze n’umuryango: Kenshi Hari ubwo umukunzi wawe aba aguca inyuma ugasanga umuryango we cyangwa inshuti ze zifite icyo bizi rero ni byiza kuganira nabo.

 

 

 

Umwanditsi: Byukuri Dominique

 

 

 

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Yahawe urwamenyo nyuma yuko avuze ko ashaka umugabo uhembwa ibihumbi 300

Next Story

Umu police yafunzwe imyaka 15 azira gutera inda umukobwa utaruzuza imyaka yubukure

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop