Advertising

Dore impamvu ukwiriye kujya ukora umwitozo wa Yoga buri munsi

24/06/2024 11:57

Yoga ni ingenzi cyane mu buzima bwa buri munsi bwa muntu.Nk’uko tugiye kurebera hamwe twumva ubuhamya bwa bamwe mu bakora Yoga buri munsi bakayifata nk’ubuzima.

Uwitwa Rakul Singh , yasangije abamukurikira ku mbuga Nkoranyambaga ze ifoto ari mu myitozi ya Yoga n’umugabo we Jackky Bhagnani , ibi babigaragaje ku munsi Mpuzamahanga wa Yoga [ International day of Yoga ], bagira bati:”Yoga ni uburyo bw’ibyishimo by’ubwonko, no kunezerwanya n’uwo mwashakanye cyangwa inshuti yawe”.

Uwitwa Patralekhaa yagize ati:”Nkunda Yoga cyane kuko ituma mba njye”.

Uwitwa Neha Dhupia , yashyize hanze ifoto ari gukora Yoga, asaba abantu kwitabira cyane umwitozo wa Yoga ndetse n’indi myitozo.Yagize ati:”Ita ku myitozo yawe buri munsi.Ntabwo uraba wihuse kandi ntabwo uraba ukerewe”.

Uwitwa Karishma we yagize ati:”Yoga , ituma ubona uburyo bwo kwisanzura n’ubwigenge tugize ugira kuva na mbere hose”.

Ibihugu bimwe ba bimwe bifata Yoga nk’umwitozo udanzwe ku buryo bashyizeho n’umunsi wayo nk’uko twabigarutseho muri iyi nkuru.Ibyamamare bitandukanye, byagiye bagiye bakangurira Isi yose, kwita kuri Yoga nk’ahantu heza ho kuruhuka no guturiza.

Isoko: Redit

 

Previous Story

Abasore gusa: Dore uburyo 3 bw’ingenzi bwakubwira ko umukobwa agukunda cyane

Next Story

Umukecuru w’imyaka 71 ahatanye mu irushanwa ry’ubwiza

Latest from Ubuzima

Go toTop