Dore impamvu gukundana cyangwa gushakana n’umuntu ukurusha imyaka myinshi ari bibi

23/09/2023 21:45

Gushakana n’umuntu ukurusha imyaka myinshi ni ibintu byagiweho impaka kuva mu myaka ya cyera. Bamwe bavuga ko Ari byiza ariko si byiza kuko Hari ibibi byabyo.

 

Dore impamvu Ari bibi:

 

 

 

1.Muba mufite intego zitandukanye : Iyo ukundana cyangwa ushakannye n’umugabo cg umugore ukuruta kure mu myaka, intego zanyu Ziba zitandukanye cyane ko imyaka wowe urimo aba yarayirenze yarageze muyindi rero usanga afite intego zo mu myaka agezemo wowe nawe ufite intego zo mu myaka urimo bityo guhuza bikaba ikibazo.

 

 

 

 

 

Kuganira biragorana: Kuganira hagati yanyu nkabashakanye bitangira kugorana cyane ko mu myaka cg buri myaka bagira uko baganira bibanyura, rero kuko muba Mutangana mu myaka bituma kuganira hagati yanyu bigorana.

 

 

 

 

 

Muba mufite imico itandukanye : Kenshi iyo ushakanya n’umugabo cg umugore ukuze cyane kanshi imico yanyu ntiba arimwe kuko umwe aba akuze cyane undi adakuze cyane. Rero kugira imico itandukanye bishobora kubangamira urugo rwanyu.

 

 

 

 

 

Gucyenera ubuvuzi cyane : Hari ubwo ukundana cg ushakana n’umugabo cg umugore ukuze cyane bityo akaba Ari muri ya myaka acyeneye kwitabwaho, acyeneye ubuvuzi. Rero ibyo bishobora kubangamira urugo rwanyu.

 

 

 

 

 

Rubanda : Ikindi gushakana umwe muri mwe iyo akuze cyane, Kenshi rubanda barabiha cyane yewe ntibanamenya ko mukundana nyabyo.

 

 

 

 

 

 

 

 

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Menya utuntu duto ariko dushobora urukundo rwanyu rukomera

Next Story

Yari yambaye ikariso yanditseho izina rye ! Alyn Sano yakoze amateka mu gitaramo cya Iwacu Muzika Festival – VIDEO

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop