Menya utuntu duto ariko dushobora urukundo rwanyu rukomera

23/09/2023 21:32

Kugira umukunzi ni ibintu byiza kandi biryohera mwe muri mu rukundo ariko biba akarusho iyo urukundo rwanyu rukomeje kuramba, apana ibi byiyi minsi bitamara kabiri. Urukundo kandi kenshi ntirukomezwa n’ibintu bikomeye ahubwo rukunda gukomezwa n’utuntu duto.

 

DORE UTUNTU DUTO DUTUMA URUKUNDO RWANYU RURARAMBA:

 

 

Kuganira : Iyo mu rukundo habuzemo kuganira hagati yabo bakundana ni hahandi uzasanga mukundanye iminsi micye kubera ko mutabonerana umwanya ngo muganire, rero kuganira bizabafasha gukomeza urukundo rwanyu.

 

 

 

Umwanya : Muri ibi bihe turimo kubona umwanya bisigaye bigoye kubera ko buri wese aba yiruka ashakisha ubutunzi ariko ni byiza ko wigimwa bimwe ukabonera umwanya umukunzi wawe kuko bizabafasha gukomeza urukundo rwanyu.

 

 

 

 

Kubahana: Iyo mwubahana mwembi mwe mukundana Kandi nabyo bibaha umwanya ndetse urukundo rwanyu rukaramba.

 

 

 

Ikizere: Iki nicyo kintu gikomeye mu rukundo, kubona mwese mwizerana biba bigoye ariko mugihe mwembi mu rukundo mwizerana bizatuma urukundo rwanyu ruraramba.

 

 

 

 

Gushyigikirana: Mu gihe mu rukundo rwanyu mwembi mushyigikirana bizabafasha gukomeza urukundo rwanyu.

 

 

 

Care: Mu gihe umukunzi wawe aguha care akwitaho mu byiza no mu bibi nabyo bizabafasha gukomeza urukundo rwanyu.

 

 

 

Gusangira inshingano: Mu gihe mwe mukundana buri wese agira inshingano ze mu rukundo mbese nta n’umwe wihunza inshingano ze mu rukundo cyane ko inshingano ya mbere Ari ugukunda uwo mukundana. Rero bizatuma urukundo rwanyu ruraramba.

 

 

Source: News Hub Creator

 

 

Advertising

Previous Story

Akunda Abanyarwandakazi ! Umuhanzi Harmonize na Umuhoza Laika baherutse kugaragara mu mashusho babyina bahamije urukundo rwabo bishushanyaho ibintu bimwe

Next Story

Dore impamvu gukundana cyangwa gushakana n’umuntu ukurusha imyaka myinshi ari bibi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop