Advertising

Dore ibyo wamenya ku bakobwa bagira inyinya mu menyo

21/08/2023 20:32

Inyinya ni ukuntu umuntu agira amenyo hagati y’ayo harimo umwanya runaka ushobora kuba muto cyangwa se ukaba mu nini biterwa nuko bimeze ariko byose byitwa inyinya.

 

Ntago inyinya igira igitsina gore gusa kuko hari ni gitsina gabo kugira inyinya.Gusa umubare mu nini wabatubze inyinya ku isi usanga ari igitsina gore, mu bagore 1000 bateraniye hamwe 5 ku ijana baba bafite inyinya.

 

Reka turebe kubyo wamenya ku bakobwa bagira inyinya:

 

 

 

Ubwiza: Bivugwa ko abakobwa  bose bagira inyinya mu menyo yabo baba ari beza nubwo atari bose ariko ngo abenshi baba beza cyane.

 

 

 

Inseko nziza: Bivugwa ko kandi abakobwa benshi bagira inyinya mu menyo bagira inseko nziza iterwa nuwo mwanya uba mu menyo yabo bityo bigatuma bagira inseko nziza ikurura abagabo benshi.

 

 

Ubuhanga: Bivugwa kandi ko umubare mu nini w’abakobwa bafite inyinya mu menyo yabo baba Ari abahanga mubyo bakora.

 

 

 

Barisanzura: Bivugwa ko kandi umukobwa ufite inyinya mu menyo akenshi usanga Ari wa muntu wisanzura ukunda kuganira n’abandi Kandi akaganira nabo ubona abyishimiye nta buryarya burimo.

 

 

 

Guhirwa: Hari nabemeza ko umukobwa ufite inyinya mu menyo ye Kenshi ahirwa mubyo akora yewe ahirwa no mubuzima bwe bwose.

 

 

 

 

Ese wowe ibyo wari ubizi, Hari uwo muziranye ufite inyinya mu menyo se byabayeho byose nkuko tubivuze!??

 

 

 

 

 

Source: News Hub Creator

Previous Story

Paw Paw w’imyaka 41 yatangaje ikintu gikomeye cyamubayeho ubwo yahuraga bwa Mbere na mugenzi we Aki

Next Story

Waba warigeze wumva abantu barota bavuga, dore icyo bisobanuye

Latest from Ubuzima

Inama kubantu bagorwa no gusabana

Ushobora gushaka kuganiriza umuntu ukabura aho uhera kuko kwisanzura ari ikintu cyakunaniye. Ushobora kandi kunanirwa kugaragariza umuntu amarangamutima akurimo kuko utajya ubasha gusabana. Ibi

Uko warwanya impumuro mbi mukanwa

Kunuka mu kanwa biterwa n’impamvu nyinshi zinyuranye, harimo kutoza amenyo neza, uburwayi bwo mu kanwa bunyuranye, kunywa itabi, ifuke y’inzoga, imiti imwe n’imwe n’izindi

Menya uburyo bwiza wasabamo imbabazi

Gukosa ndetse no kutumvikana ni ibintu ikiremwamuntu cyagiye kubana nabyo kuva mu bakurambere muri muri Edeni, gusa icyiza ndetse cy’ingenzi ni ukumenya uburyo ki
Go toTop