Dore ibintu 6 udakwiye kugira uwo ubibwira n’umwe

28/05/2023 13:28

Hari ibibazo duhura nabyo mu buzima kubera ko twabwiye abantu tukabaha amakuru menshi atwerecyeho mu nyuma bikarangira tubabaye cyangwa tubabajwe.

 

Niba ushaka kwirinda ibyo, dore ibintu 6 udakwiye kugira uwo ubibwira n’umwe:

 

1.Ubwoba bwawe cyangwa igihunga

 

Ikintu ugirira ubwoba cyangwa SE ibintu bigutera igihunga ni ibintu udakwiye kugira uwo ubibwira cyeretse wamuntu wawe wizera ndetse cyane.

 

2.Uko uhagaze ku ikofi

 

Kubwira umuntu cyangwa abantu uko uhagaze mu ikofi bituma bakugirrira ishyari cyangwa se bakakuvugaho ubugambo bubi rimwe narimwe bakakugira inama zidagwitse.

 

3.Ibibazo mu nkundo

 

Burya nuba uri gushwana nuwo mukundana jyawirinda kubibwira abo ubonye bose kuko abantu kenshi usanga aribo gatera cyangwa bakongeramo agasenda mu bibazo wari ufite.

 

4.Intego zawe

 

Ujye ubwira abantu intego zawe aruko uzigezeho cyangwa zibaye impamo kuko abantu kenshi baguca intege ku ntego zawe.

 

5.Impakanyi yawe kubandi

 

Guhakana cyangwa kuvuga abandi nabi ni ibintu byakugira umucyene burundu. Ntuzigere ugaragaza ko udashyigikiye abandi cyangwa ubahakana ahubwo jyubashyigikira muri byose.

 

6.Amakosa yawe ndetse nibyo wicuza

 

Amakosa yawe cyangwa amakosa wakoze ntago ariyo asobanura uwo uriwe. Kugira uwo uyabwira bituma agufata uko utari. Iga kwigira kumakosa wakoze bityo ukomeze ujye mbere.

 

Source: brainnewspaper

Advertising

Previous Story

Umuhanzikazi Ariel Wayz akomeje gusazwa n’urukundo

Next Story

“Banyita amazina atandukanye kandi bansebya” ! Umugore ufite ubwanwa n’ubundi bwoya bw’abagabo yagaragaje uburyo abangamirwa n’abantu bamwita amazina

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop