Dore ibimenyetso bizakwerekako umukobwa wagusuye ashakako mukora imibonano mpuzabitsina

25/06/2023 12:14

Hari ubwo umukobwa asura umusore akamwereka ibimenyetso byose by’uko yifuza ko baryamana ariko nyamara umusore wacu usenga cyane ntabashe gusobanukirwa n’icyo gishuko akaba akize gutyo.

N’ubwo atari byiza ko ufatirwa muri uwo mutego, umukobwa nagusura uzigengesere mu gihe azaba arimo gukora byinshi muri ibi bimenyetso.

1. Iyo aje kugusura aza yambaye akajipo cyangwa agakanzu kagufi.

Niba hari umukobwa wagusuye akaza yambaye akajipo cyangwa agakanzu kagufi menya uko ashakako mutera akabariro.Muhakanire kure ndetse wirinde kwegerana nawe.

2. Akurambika umutwe kurugu cyangwa kubibero.

Mu gihe umukobwa wagusuye atangiye kukurambika umutwe kuntu zawe cyangwa kubibero byawe, menya ko hari ibyo yifuza kuri wowe.Nuticunga neza , ushobora gusanga akugushije mu mutego.

3. Ndataha nyuma y’isaha.

Iri jambo rigaragazako arimo kukubwira ko muri iyo saha imwe hari ibindi mwakorana.

4. Ndumva nshaka kuryama ariko sinkeneye kukubangamira.

Ukumva atangiye kukubwira ngo ndashaka kurya ,… uyu mukobwa azaba ashakako mukora imibonano mpuzabitsina kandi mutabyemerewe mu by’ukuri.

5.Uziko nibagiwe gufunga igifungo cy’ishati yanjye.

Iyi ni imwe muri tekenike abakobwa benshi bakoresha mu gihe baba bifuza kuryamana n’abasore basuye.

Ibi twabivuze kuko hari abakobwa bashotora abasore kandi nyamara batanakundana ahubwo bagamije kubashora mungeso mbi.

Advertising

Previous Story

Carelle Lellie Ndayizeye yegukanye ikamba rya Miss Burundi ahigitse abandi bakobwa 11 bari bahanganye

Next Story

“Narahohotewe narakubiswe kenshi nzira uko navutse” ! Umuhanzikazi Tonzi mwakunze muri mu ndirimbo ziramya zikanahimbaza Imana yaciye mubikomeye

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop