Thursday, May 16
Shadow

Dore ibice 3 by’ingenzi biba byuzuye uburyohe kurusha ibindi mu gihe cyo gutera akabariro

Umubiri w’umuntu wubakanye ibice bitandukanye byuzuye uburyohe no kongera ubushak bw’imibonano mpuzabitsina mu gihe hagize ubikoraho.

 

IBYO BICE NI IBIHE?

1.Ibice byiza ku mwanya wa Mbere ni ; Igitsina gabo kubagabo n’igitsina gore kuba gore.Ariko ku gitsina gore agace kitwa Clitoris niko kuzuye uburyohe kandi mu gihe hagize ugakoraho buhita buzamuka cyane ari bwinshi ugereranyije n’igihe ntawe uhakoze.

 

Mu gihe ku gitsina gabo n’ubwo aho wakora hose hatuma umugabo ahita agira ubushake cyangwa ubwo yari afite buzakazamuka cyane ubundi ku mutwe w’igitsina gabo niho huzuye ubushake kurusha ahandi.Ibice biba bishobora gutuma umuntu agera ku rwego rwo kurangiza yaba umugore cyangwa umugabo.Niyo mpamvu hafashwe nk’ahambere ho kwitabwaho.

 

2.Ahaza ku mwanya wa Kabiri ariko nyamara n’ubwo hongera ubushaka n’uburyohe , ngo akenshi ntihaba habasha gutuma umuntu agera ku rwego rwo kurangiza.Ibi bice ni ahegreye ku gitsina haba ku mugabo cyangwa ku mugore.Ku mugore hiyongeraho amabere cyane cyane ku moko.

3.Ahazaku mwanya wa gatatu ni ibice byongera cyangwa bitera uburyohe cyangwa ubushake bw’imibonano mpuzabitsina ariko bika bitabasha kugeza umuntu ku rwego rwo hejuu cyane.

 

Ibi bice bikaba atari rusange ku muntu kuko biterwa n’amateka y’umuntu mu bijyanye no kuryoshya cyangwa gukora imibonano mpuzabitsina.Akamaro kabyo ni ukubyutsa ubushake cyangwa kwibutsa ubwonko gahunda z’imibonano mpuzabitsina.

 

Urugero ni nk’umwana ukorerwa massage na mama we ashobora kugira ahantu runaka umukora uburyohe cyangwa ubushake bukaba bwahita bubyuka.Ibi bikaba byatandukana n’utarigeze agirirwaho atyo.

 

Hari umuntu ushobora gukora mu mugongo uburyohe bukaba bwahita bubyuka.Hari uwo wakora ku bibero bikaba uko nyamara undi we wamukoraho bikaba nko gukora ku giti.Hari uwo ukora ku mabuno uburyohe n’ubushake bizakazamuka n’ahandi.

Imibonano mpuzabitsina ikozwe neza rero ihera kuri byo bice twagarutseho haraguru uko ari 3 bitewe n’uko umuntu ateye.Ibibero, mu maso, mu mugongo, amabuno, bigakomereza  ku cyiciro cya 2n; Hafi y’igitsna , amabere kubagore cyane cyane , Ubundi bikarangiriza ku gitsina nyirizina ari naho noneho umuntu aba ashobora kurangiza.

 

Niba ufite ikibazo cyangwa icyifuzo twandikire

 

Iyi nkuru twayikoze twifashishije iyakozwe kuri IWACUMARKET