Dore amakosa abakobwa bakora iyo basohokanye n’abasore bwa mbere

29/10/2023 18:03

Gusohokana n’umukobwa bwa mbere biragora ndetse uba wibaza uti:” Ndambara iki ? Ndambara gute ? … Muri uko kwibaza rero niho uzakorera amakosa.

 

Muri iyi Si ya none , umukobwa aba asabwa kwigengesera kugira ngo atavaho igira ibibazo bitandukanye birimo no kuba atazi neza uwo bagiye gusohokana.Ibi biba ibibazo iyo uyu mumokobwa yahuriye n’umusore kuri Murandasi.

 

ESE NI IKI TWAVUGA KO ARI AMAKOSA AKORWA N’ABAKOBWA ?

1. Kugenda ntabwirinzi Ufite : Mu Isi ya nanone mu gihe ugiye guhura n’umusore cyangwa umugabo bwa mbere , mwahuriye kumbuga zihuza abakundana,uba ugomba kugenda wikwije kandi Ufite ubwirinzi.

 

2. Kutabaza cyane: Ikosa ryo kutabaza cyane cyangwa ngo uvuge cyane rikorwa n’abakobwa benshi kandi nyamara impamvu muhuye ni ukugira ngo umumenye. Rero urasabwa kumubaza ibibazo byinshi.

 

3. Kwisanzura bakarenza : Iki kirajyana nicyo hejuru, ntabwo ari byiza ko wowe mukobwa wigira nyoni nyinshi ngo wisanzure cyane.

 

4.Kwibagirwa kubwira inshuti zawe numuryango wawe uwo mwari kumwe: Ningombwa ko ubwira umuryango wawe ndetse n’inshuti zawe uwo mwari kumwe nuko byagenze uhereye kumuronko.

 

5.Gukoresha Telefone: Ntabwo tuzi niba ubikunda ariko ikintu kibabaza ni ukuboba abantu 2 basohokanye bombi bicaye hamwe bari muri Telefone yabo.

 

6. Kudahurira muruhame: Iri ni ikosa rikomeye, mu gihe wasohokanye n’umusore bwambere kandi mutaziranye , ntabwo mugomba guhurira ahantu hihishe, mugomba kujya aho n’abandi bantu bababona.

Src: YourTango

Advertising

Previous Story

Menya ubusobanuro n’inkomoko by’izina Rosine

Next Story

Umukobwa wo muri Afurika y’epfo yarize cyane nyuma Yuko aryamanye n’umusore amubeshye ko Ari umwavoka

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop