Ubusanzwe izina Rosine rifitwe n’abantu benshi by’umwihariko ab’igitsina gore.Uyu munsi turarebera hamwe byinshi kuri iri zina.
Ababyeyi bahitamo neza, bahitamo kwita abana babo izina Rosine kuko rifatwa nk’izina ryiza kubana n’ababyeyi babo kuko baryishimira cyane bigendanye n’ibisobanuro byaryo.
Izina Rosine, rikomoka mu Rurimi rw’iki Giriki ndetse n’ururimi rw’Ikilatini , rikava ku izina rya “Rose” bisobanuye ururabo rwo mu bwoko bwa Rose rukundwa n’abatari bake by’umwihariko abakundana.
Rosine kandi bivugwa ko riva ku Kidage “Roza” , ndetse rikava ku izina rya “Rosalinda”. Abantu bitwa ba Rosine, Roza , Rosalinda , .. barangwa n’ibyishimo , gukunda cyane n’ibindi bitandukanye.
Nawe niba ufite izina ushaka kumenya ritwandikire.