Advertising

Dore akamaro k’imineke utari uzi

12/04/2023 07:17

Umuneke ni igihingwa gikundwa na buri wese, bamwe bibaza niba ari urubuto cyangwa icyaricyo bikabayobera ariko muri iyi nkuru urabimenyeramo.

Ubusanzwe imineke ifatwa nk’imbuto mu gihe yakuwe kuri nyina , igatarwa igashya igahindura ibara.Imineke igira akamaro kenshi cyane k’ubuzima bwa muntu nk’uko tugiye kubirebera hamwe muri iyi nkuru.

Imineke iratangaje cyane kurenza uko wowe ubitekereza.

Imineke ni imbuto zishobora kuribwa nyuma y’amafunguro asanzwe cyangwa mbere bigatuma uyarya yizirwa n’ibyo agiye kurya.

Ubushakashatsi bwose bwakozwe ku mineke bwagaragaje ko ifasha mu igogora ndetse igatuma umuntu agira akanyamuneza aho guhorana umunabi.

Mu gihe wari urimo urya ibintu bishaririye , ushobora kurya imineke iryohereye ukongera ukumva uburyohe.

Ikinyamakuru cyitwa thetakeout.com, dukesha iyi nkuru kigaragaza ko kurya imineke kubagabo ari byiza kuko bibfasha no mu gihe cyo gutera akabariro.


Previous Story

Menya byinshi kuri Jonathan akanyamasyo kamaze imyaka 191 kagihumeka

Next Story

Umupadiri wo mu idini rya Buddha Dalai Lama yasabye imbabazi kubera amashusho amugaragaza asaba umwana muto ku mwonka ururimi

Latest from Ubuzima

Inama kubantu bagorwa no gusabana

Ushobora gushaka kuganiriza umuntu ukabura aho uhera kuko kwisanzura ari ikintu cyakunaniye. Ushobora kandi kunanirwa kugaragariza umuntu amarangamutima akurimo kuko utajya ubasha gusabana. Ibi

Uko warwanya impumuro mbi mukanwa

Kunuka mu kanwa biterwa n’impamvu nyinshi zinyuranye, harimo kutoza amenyo neza, uburwayi bwo mu kanwa bunyuranye, kunywa itabi, ifuke y’inzoga, imiti imwe n’imwe n’izindi

Menya uburyo bwiza wasabamo imbabazi

Gukosa ndetse no kutumvikana ni ibintu ikiremwamuntu cyagiye kubana nabyo kuva mu bakurambere muri muri Edeni, gusa icyiza ndetse cy’ingenzi ni ukumenya uburyo ki
Go toTop