Dore ahantu 5 udakwiye gusohokana umukobwa ku nshuro y’ambere

29/10/2023 20:59

Gusohokana ku mukobwa ndetse n’umusore ku nshuro y’ambere bifatwa nko guteretana ku nshuro y’ambere. Rero Hari ahantu henshi Umusore aba adakwiye gusohokana umukobwa ku nshuro y’ambere. Icyakora abasore benshi ntibajya bita kuri ibi bintu ariko ni ngombwa ko bakwiye kubyitaho.

 

 

Musore irinde gusohokana umukobwa ku nshuro y’ambere ahantu Hari akavuyo cyane, kuko ku nshuro y’ambere muba mugomba kuganira neza cyane ko aba Ari inshuro y’ambere mugiye guhura. Musohokane ahanti Uzi Hari umutuzo kuburyo muganira neza.

 

 

 

Irinde gusohokana n’umukobwa ku nshuro y’ambere ngo mujye ku rusengero. Yego gusenga ni ikintu kiza kuri mwe ariko mu gihe Ari inshuro y’ambere mugiye guhura ni ngombwa ko ushaka ahandi mujya hatari ku rusengero ahubwo mushobora kujya gusenga ubutaha ariko ku nshuro y’ambere si byiza ko mujya gusenga.

 

 

Ikindi, irinde gusohokana umukobwa ku nshuro y’ambere ngo umujyanye mu nzu yawe ubamo cyangwa ngo wowe umusange iwe aho aba. Akenshi iyo umukobwa umbwiye kuza kugusura iwawe kunshuro y’ambere yumva ko icyo ushize imbere Ari ugukora imibonano mpuzabitsina gusa.

 

 

 

Mpaka urukundo rwanyu rumaze gukomera cyane, irinde gutumira umukunzi wawe mu bintu byo mu muryango wanyu Wenda ubukwe bw’umwe mu muryango wanyu, ibirore by’amasabukuru ya bamwe mu muryango wanyu, cyereka urukundo rwanyu rumaze gukomera byibura nibwo umukunzi wawe yemerewe kuza mu bintu nkibyo.

 

 

 

Sohoka umukobwa ahantu hadahenze cyane, ku nshuro y’ambere ugiye gusohokana n’umukobwa, si ngombwa ko ujya ahantu hahenze. Impamvu ukwiye kujya ahadahenze ni uko iyo musohokanye wagiye ahahenze umuhuro wanyu ukagenda nabi, utangira kwicuza amafaranga yawe menshi watakaje.

 

Ikindi ni ngombwa ko umubaza niba yishimiye aho wamusohoksnye Kandi ushaka cyangwa utegura ko muhurira ahantu hafi yiwabo kurusha iwanyu.

 

 

 

Umwanditsi: Byukuri Dominique

 

Source: pulselive.co.ko

Advertising

Previous Story

China : Umwana w’umukobwa w’imyaka 3 yatabawe nyuma y’uko inkende zimushimuse arikumwe n’ababyeyi be mu mashamba

Next Story

Hari gukorwa urukingo ruzajya ruterwa abanyoye itabi rya Cocaine rukabarinda kugira amarere

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop