Hari gukorwa urukingo ruzajya ruterwa abanyoye itabi rya Cocaine rukabarinda kugira amarere

30/10/2023 07:01

Mu gihugu cya Brazil hari gukorwa urukingo rushya ruzajya rukingirwa abantu bazahajwe n’itabi ryo mu bwoko bwa Cocaine.

 

Uru rukingo rwiswengo ngo ‘Calixcoca’ rwitezweho kuzaba rukozwe mu buryo rutazajya rubasha kugera mu bwonko bigafasha uwarunyweye kujya amarere ngo azahazwe narwo.

 

Itsinda riri gukora ubushakashatsi ryo muri Kaminuza ya Federal muri Minas Gerais riratanga icyizere cy’uko urwo rukingo ruzaboneka na cyane ko bizabageza ku gihembo cya $530,000 ya buri cyumweru azatangwa na ‘Latin American Medicine’ nk’uko Nypost babitangaza.

 

Uru rukingo ruzajya rukora Antibodies zituma Molecules za Cocaine zitagera mu maraso hanyuma zikajya mu bwonko.

 

Isuzuma ryambere ryakorewe ku nyamasawa gusa kubantu birateganywa mu minsi iri imbere kuko abantu bagera ku bihumbi 3 bamaze kwemera kubushake ko bazakorerwaho isuzuma.

Isoko: Nypost

Advertising

Previous Story

Dore ahantu 5 udakwiye gusohokana umukobwa ku nshuro y’ambere

Next Story

Paula yavuze kubyo kuba atwite nyuma y’aho umukunzi we Marioo avugiye ko azamukwa Miliyoni 100

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop