Diamond Platnumz yasabye amasengesho nyuma yo kwahukana kwa Zuchu

01/05/2024 10:28

Umuhanzi Diamond Platnumz yagize icyo avuga nyuma y’aho Zuchu aviriye mu rugo iwabo agataha iwabo.

Diamond yagaragarije ubwuzu Sarah ubwo yasabaga umucungira umutekano kumuzana ku rubyiniro.Diamond adaciye ku ruhande yavuze ko hashize igihe kinini ashyize hanze indirimbo ikubiyemo ubuzima bwe na Sarah ‘Kamwambie’, indirimbo yavuze ko yanditse nyuma yo kwangwa n’uyu mukobwa wamuhoye ubukene.

Simba yagaragaje ko we na Zuchu bitameze neza kuko ngo nyuma y’aya makuru, yabaye nk’ukozwe mu bwonko bikanatuma ava mu rugo ikubagahu.Diamond yavuze ko atazi neza niba umubano we na Zuchu uzongera kugaruka kubera uburyo yitwaye.

Yahise asaba abafana gukomeza kumushyira mu masengesho.Ati:”Urukundo rugira ibigeragezo byinsh.Ubu tuvugana ,mvuye mu rugo ntazi niba nanzwe cyangwa niba umubano wacu ugihari.Hari ikintu kitazwi neza cyageze mu rugo rwanjye kiraruhungabanya.Sinzi niba urukundo rugihari.Yagize ati:”Bavandimwe mu nshyire mu masengesho yanyu”.

Kwahukana kwa Zuchu byabaye nyuma y’aho Diamond Platnumz yahuriye na Sarah bakiyunga aho yanavuze ko indirimbo ‘Kamwambie’ yakomotse kuri we akaba ariwe avuga ko yamuzamuriye ukwamamara.

1 Comment

  1. Hy ndifuza umusore ufite gahunda yokubaka kuko nanjye ndayifite ndumukobwa Wu muslam fite imyaka 23 none ndashaka kubaka urugo ariko arumugabo duhuje idin kuko Nkunda gusenga cyan uwumva afite gahunda yambwira nbx tukaganira

Comments are closed.

Advertising

Previous Story

NKORE IKI: Ndi umugore mukuru maze gutandukana n’abagabo babiri none umusore muto yarankunze cyan arashaka ko tubana

Next Story

“Ndambiwe kubana n’umugabo utuma mpora ntukwa” ! Zuchu yavuze impamvu yatumye yahukana

Latest from Imyidagaduro

Go toTop