Diamond , Juma Jux na Zuchu baterejwe i Kigali

13/10/2023 13:05

 

https://youtu.be/H8_jOxAxAew

Abahanzi bo muri Tanzania , bashyizwe kurutonde rw’ibyamamare bizitabira itangwa ry’ibihembo bya Trace Awards aho biteganyijwe ko Diamond na Zuchu nabo bazatarama.

 

Ni urutonde rurerure rw’abahanzi barimo abo muri Nigeria , Uganda , Kenya , Tanzania ndetse n’u Rwanda.Muri uru rutonde harimo kandi abahanzi bari guhatanira ibihembo bya Trace Awards uyu mwaka bityo nabo bakaba baragize amahirwe yo kubyitabira no kuzatarama kunshuro ya Mbere imbere y’ibyamamare.

https://youtu.be/H8_jOxAxAew

Kuri ubu amakuru atandukanye ari kumbuga nkoranyamaba zitandukanye n’ibyamakuru byahano mu Rwanda ni uko abahanzi bamaze iminsi mu majwi y’abafana Diamomd Platnumz na Zuchu bashyizwe kurutondo rw’abazataramira abazitabira ibi bitaramo.

Ni abahanzi barimo Diamond Platnumz, Juma Jux ndetse na Zuchu nabo bategerejwe i Kigali. Aba bahanzi bakaba bazaza mu itangwa ry’ibihembo bya Trace Awards bigerejwe ku wa 21 Ukwakira 2023. Ni mu gihe abarimo; Davido, Asake, Kizz Daniel n’abandi, nabo bahabaye.

https://youtu.be/H8_jOxAxAew

Advertising

Previous Story

Pamella yateye imitoma umugabo we avuga ko ari Malayika wibera ku Isi

Next Story

Barakoze ! Abahanzi 4 bari bakwiriye amahirwe yo kwigaragaza mu gitaramo cya MTN IWACU Muzika

Latest from Imyidagaduro

Go toTop