Chris Eazy yateguje indirimbo imeze nka Filime

06/04/2024 18:24

Umuhanzi Chris Eazy yateguje indirimbo yise ‘Sekamo’ azasohora mu mpeshyi.

Binyuze kuri Junior Giti, Umunyamafaranga ufasha Chris Eazy muri muzika, yatangaje ko umuhanzi we azashyira hanze indirimbo mu mpeshyi yose ‘SEKOMA ‘.Nyuma yo gushyira hanze ubu butumwa Junior Giti yasabye abakunzi babo kuragaragaza indirimbo bakunze cyane muri ; Bana , inana, ideni, Stop, lala , basi Sori , Jugumila n’izindi.

Junior yagize ati:”Mwitegure SEKOMA iri munzira”. Junior Giti w’urwenya rwinshi , yatangaje ko Sekamo izahoka mu mpeshyi z’uyu mwaka.Chris Eazy watangiye gukora umuziki aririmba injyana ya Hip Hop , ntabwo yigeze ashyira hanze impano ye kugeza ubu aracyahatana.

Chris Eazy ni umwe mu bahanzi bakomeye kandi bazwiho gukora utuntu tudasanzwe mu mashusho mato anyuza ku mbuga nkoranyambaga, bigatuma agira itandukaniro na bagenzi be.Usinye Eazy nta wundi muhanzi ugerageza kwisanisha n’abafana mu buryo bwo gukora indirimbo dore ko akenshi ashyiramo amashusho y’abana n’amashusho y’abakuru bigatuma buri wese yisanga mu ndirimbo ze.

Integuza ya SEKOMA ya Chris Eazy

Advertising

Previous Story

KENYA: Abakoresha YouTube basoje amasomo ya ‘Made For You’

Next Story

Perezida Paul Kagame yaganiriye na Petr Pavel

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop