Imvugo ngo stress imereye nabi iri mu mvugo zimaze kumenyerwa no kuba gikwira. Akazi, abakoresha, abo tubana, twe ubwacu, ni byinshi binyuranye bishobora kugutera
Ababyeyi benshi barabihakana gusa igitangaje ni uko hari umubare munini ugaragaza ko mu miryango habamo umwana ukunzwe kurusha abandi nk’uko ubushakashatsi butandukanye bwabigaragaje. Ibyo
Abagore bose, mu myaka yose kuva ageze mu bwangavu apfunduye amabere kugeza ageze mu zabukuru yaracuze bashobora kugira uburibwe bw’amabere. Uko uburibwe bungana, aho
Nk’uko ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) ribikangurira ababyeyi ndetse na Minisiteri y’Ubuzima ikabishimangira, ni byiza ni na ngombwa konsa umwana akivuka kuko
Gusa nubwo kubana n’umugabo cyangwa umugore wikundira inzoga cyane ku buryo igihe cye kinini akimarira mu bubari, ndetse ugasanga n’amafaranga ye ari ho yose
Oxytocin ikunze kwitwa umusemburo w’urukundo ni umwe mu misemburo y’ingenzi mu mubiri wacu dore ko kuva ku gukora imibonano kugera ku kubyara no gusabana