Igisirikare cy’u Burundi cyahakanye kuba ari cyo kiri inyuma y’igitero gikomeye cyabereye i Bukavu ki kagwamo abarenga 13 n’abandi 72 bagakomereka nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi
Nyuma yo gufungura konti ya X ya Joseph Kabila bikozwe na Nzimbi Barbara Umujyanamawe mu by’itumanaho , hashize amasaha abiri imaze kugira abayikurikira barenga
Mu itangazo ryasohowe n’igisirikare cya Afurika y’Epfo kuri uyu wa 25 Gashyantare, 2025 banze gutangaza ko ingabo zabo zanyuze mu Rwanda bagaragaza ko n’abasigaye
Nyuma y’imyaka igera kuri 5 atavuga , Joseph Kabila yongeye kumvikana agaragaza ko Igihugu yayoboye kigiye guturitswa n’intambara ikirimo agaragaza ko ishobora no guhungabanya
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Felix Tshisekedi Tshilombo, yongeye gushimangira ko agomba kwisubiza Umujyi wa Goma byaca mu ntambara cyangwa mu biganiro
Umutwe wa Twirwaneho ukorera mu Burasirazuba bwa Congo umaze gutangaza ko wifatanyije n’inyeshyamba za M23 n’Ihuriro rya AFC mu kurwanya ubutegetsi bwa Congo. Umuyobozi