Umugabo w’imyaka 34 y’amavuko yari aryamanye n’umugore we yikubita hasi ahita apfa by’amarabira nyuma yo kumenya ko kera kabaye yamuteye inda  igikorwa yari amaze
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko mu mezi 10 ashize ku bufatanye n’izindi nzego bumaze gufata abarenga 60 bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko urukingo rwa COVID-19 rushobora gufasha mu kuvura kanseri, binyuze mu gufasha ubwirinzi bw’umubiri kumenya no kurwanya uturemangingo twa kanseri. Ubu
Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe Igorora rwatangaje ko amasasu yumvikanye mu igororero rya Nyamasheke yari agamije guturisha bamwe mu bagororwa bigometse ku mabwiriza agenga igororero.
Itariki Sean Diddy Combs azavira muri gereza yamenyekanye mu gihe atahabwa imbabazi na Perezida wa Amerika Donald Trump. Nyuma yo guhamywa n’ibyaha agatirwa igihano
Umurwanyi w’umutwe wa FDLR yafatiwe mu mirwano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , impuguke muri Politiki y’Akarere zikaba zikomeje gushimangira ko
Umukinnyi wa Filime Nyarwanda uzwi nka Rufonsina n’umugabo we bari mu byishimo bikomeye nyuma yo kwibaruka umwana wa Kabiri. Uwimpundu Sandrine [Rufonsina] yibyariye umwana