Abarimu batize uburezi bamenyeshejwe igihe bazahugurirwa

26/04/2024 08:07

Abarezi binjiye mu mwuga wo kwigisha batarabyize mu mashuri Nderabarezi, TTC, batangarijwe igihe bazatangirira amahugurwa.

Iyi gahunda yo guha amahugurwa abarezi batabyize , yagiye isubizwa inyuma kubera impamvu zitandukanye amatariki agahindurwa cyakora kuri ubu, hamaze kumenyekana igihe abambere bazahererwaho amahugurwa.

Binyuze mu itangazo banyujije kumbuga Nkoranyambaga [X], Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi cyagize kiti:”REB iramenyesha abarimu bose batize uburezi bagomba gutangira amasomo abongerera ubushobozi guhera ku wa 27/04/2024, ko urutonde rwabo rugaragara ku rubuga rwa REB”.

Advertising

Previous Story

Amakosa 9 abantu bakunze gukora Bari koga mu buryo batazi

Next Story

Agasaro Diana wabyaranye na Bruce Melodie yamwandikiye amusaba indezo

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop