Rihanna ni umuhanzikazi wamamaye cyane mu myaka ya tambutse gusa nyuma aza gusa n’ugenza gake ariko nanone kumbuga ze akajya atambutsa ho ibijyanye n’indi
Lil Chance wagacishijeho muri muzika Nyarwanda by’umwihariko mu Karere ka Rubavu , agashinga injyana yise ‘Jagajaga Style’ yivuze imyato, agaragaza ko ntaho ateze gusubira.
Abahanzi barimo Meddy , Okkama na Element batashye amaramasa mu bihembo bya African Entertainment Awards.Umuhanzi Harmonize we aherutse gushyira hanze amafoto aryamye hamwe n’ibikombe