Bwiza yakabije inzozi ze zo guhura na Perezida wa Repubulika Paul Kagame amubwira ko amukunda

22/10/2023 18:00

Umuhanzikazi Bwiza uri mubari kwitwara neza, yakabije inzozi ze ubwo yahuraga n’umukuru w’i gihugu cy’u Rwanda Nyakuhwa Perezida Paul Kagame.

 

Abinyujije kuri Konti ye ya Instagram Bwiza yagaragaje ko afite amashimwe menshi yo kuba yakabije inzozi ze ndetse agaragaza ko H.E Paul Kagame ari we afatiraho icyitegererezo.

 

Bwiza yagize ati:” Guhura na H.E Perezida Paul Kagame ni inzozi zabaye impamo kamdi ndumva nejejwe nabyo.Ntabwo mufatiraho icyitegererezo gusa ahubwo niwe untera imbaraga kimwe n’urubyiruko rw’u Rwanda na Afurika”. [Her Instagram].

 

Bwiza yagaragaje ko kandi atewe ishema no kuba yarahawe amahirwe yo gushyirwa mu nihembo bya Trace Awards ndetse akanaririmba, ashimira buri wese wamushyigikiye , yitsa kuri RDB , VISIT Rwanda na Trace Awards.

 

Uretse Bwiza kandi n’abandi bahanzi batandukanye bahuye na H.E bamugaragariza urukundo bamufitiye.

 

Ubwo H.E Paul Kagame kandi yashyikirizwaga igihembo cy’indashyikirwa yagenewe n’ubuyobozi bwa Trace Grobal nyuma y’itangwa ry’ibihembo bya Trace Awards2023 , yagaragaye arimo kubyina indirimbo Jerusalem n’ubwuzu bwinshi.

Previous Story

Umukobwa utwite inda nkuru yagaragaye mu muhanda ari gukaraga umubyimba

Next Story

Minisitiri w’urubyiruko yasabye Bruce Melodie na The Ben gutegura igitaramo cyabo bombi akebura abakomeje kubahanganisha muri muzika

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop