Burna Boy yatunguye nyina amuha imodoka y’akataraboneka

13/05/2024 08:25

Ku munsi wahariwe abagore benshi bakoze iyo bwabaga bashimira ababyeyi babo , babereka ko bari kumwe kandi ko bishimira kuba barababyaye.Muri abo harimo Burna Boy watunguye nyina akamuha imodoka nziza.

Ni imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz Maybach , yamushyikirije ku wa 12 Gicurasi 2024 nyuma y’umusangiro.

Kuri uyu munsi, Burna yagaragaje ko yasohokanye na nyina hamwe n’inshuti ze bakajya gusangira, agaragaza uburyo afata umubyeyi we wa mwibarutse mu magana y’abandi bagore.

Ubwo bari basohotse, basa n’abatashye nibwo Burna Boy yasotse aho bari bari ari kumwe n’umubyeyi we, bagera hamwe akamwereka imodoka 2 , iye n’indi y’impano yamuhaye.

Advertising

Previous Story

Umugabo wahawe impyiko y’ingurube yapfuye hashize igihe gito ayihawe

Next Story

Meddy yamanuye ijuru arituzamo umugore we Mimi Mehfira

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop