Burna Boy ari gushinjwa kwiba Fela Kuti

18/02/2024 08:44

Eedris Abdulkareem yagarutse kuri Burna Boy avuga ko yibye indirimbo za Fela Kuti kugira ngo abe aruwo ari we ubu ngubu.

Eedris Abdulkareem usanzwe ari umuhanzi mu gihugu cya Nigeria , yagaragaye mu mashusho arimo kuvuga uburyo Burna Boy wamamaye muri muzika ku Isi by’umwihariko muri Nigeria , hari indirimbo za Fela Kuti yibye kugira ngo abigereho.

Edris yagaragaje uburyo Burna Boy atari Africa Giant nk’uko akunze kwiyita muri muzika aho aba ashaka kwerekana ko ntawundi muhanzi umurenzeho.Eedris Abdulkareem ahubwo yahaye ikuzo Davido kurenza Burna Boy wiyemerera ko ngo yagize uruhare mu gutera imbere kw’ibinyamakuru muri Nigeria.

 

Previous Story

“Ntawe tuzasaba uburenganzira bwo kurinda abaturage bacu” ! H.E Paul Kagame

Next Story

Miss Nishimwe Naomie yasobanuye uko afata Michael Tesfay uherutse ku mwambika impeta

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop