Biratangaje ! Babylin yavuze ko abasore batinya kumusaba ko batera akabariro kuko batinya ko afite igitsina gito

06/02/2024 16:00

Uyu mukobwa witwa Babylin wo mu gihugu cya Kenya usanzwe ari umucuruzi wabigize umwuga yavuze uburyo abantu babana n’ubumuga bwo kuba bagufi bahura nimbogamizi nyinshi mu buzima bwabo bwa buri munsi.Nk’uko uyu mukobwa yabivuze, yagaragaje ko kuri we abasore benshi Banga kumutereta ndetse nababikoze rimwe narimwe bagatinya kugira ibyishimo basangira kubyara uko aresha.

 

Uyu mukobwa yavuze ko uwahoze ari umukunzi we batandukanye, yajyaga atinya kumukoraho ndetse atinya ko batera akabariro kuko ngo yumvaga ashobora kumubabaza.Yakomeje avuga ko uwo musore bahoze bakundana atigeze amusaba ko batera akabariro na rimwe cyangwa ngo byibura abigerageze kuko ngo ashobora kuba yaratinyaga kubimusaba.

 

Icyakora uyu mukobwa we yavuze ko iyo uwo musore bakundanaga amusaba ko bagira ibyishimo byagorana yari kubyemera ndetsee agakora uko ashoboye bakanezerwa nicyo gikorwa.Yasoje avuga ko uko umuntu areshya cyangwa ubumuga runaka bwose umuntu yaba afite ntibukwiye kuba imbogamizi mu rukundo rwabo.

 

 

 

Source: Tuko.co.ke

Advertising

Previous Story

Ku munsi w’abakundana hahomba umugore ufite umugabo utabyitaho !

Next Story

Nta mukobwa n’umwe ushaka ko dukundana ! Umuzungu akomeje kugaragaza agahinda abana nako ko kubengwa kubera ashaje

Latest from HANZE

Go toTop