Benny Blanco yatangaje gahunda idasanzwe afite kuri Selena Gomez

15/05/2024 11:03

Benny Blanco wigeze gukorana indirimbo na Chris Brown na Selena Gomez ubwe , yatangaje ko intego y’indi afite mu buzima ari ukugirana umuryango n’umuhanzikazi Selena Gomez bakoranye .

Benny Blanco usanzwe akora indirimbo z’abahanzi kuri we ngo icyifuzo cyo kugirana abana na Selena Gomez yakigize kuva kera.Blanco w’imyaka 36 yabajijwe ati:”Urashaka kugirana abana na Selena Gomez , warabimubwiye?”.

Yasubije ati:”Uwo ni wo mushinga wa Kabiri nkurikijeho.Muri njye nifitemo abana benshi cyane beza, nifitemo abishywa kandi burya nkunda guhora iruhande rw’abana”.Blanco yavuze ko iyo yitegereje Selena Gomez atajya abasha gushyikira aho Isi izamwerekeza.

N’ubwo Benny Blanco avuga ibyo, umukobwa bahoze bakundana , we aherutse ku mubwira ko abona ubukwe hagati yabo bombi.

Advertising

Previous Story

Igitsina gore : Dore uburyo bwiza bwo gukoresha agakingirizo k’abagore

Next Story

Vestine na Dorcas binjiye mu ndirimbo z’Igiswayili

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop