Gutera akabariro mu gitondo ni byiza birashimisha ariko binatuma wirirwana akanyamuneza.
Abagore benshi bakunda gutera akabariro mu gitondo ndetse n’abagabo ni uko.Gutera akabariro mu gitondo babikundira ko bituma birirwana umunezero.
Â
Abahanga bavuga ko gutera akabariro ni umuti uvura ubwonko , umunaniro , Depression, uburibwe ndetse n’ibindi.Umuganga witwa Dr Sudeshna Ray ukora kubitaro bya Jaslok, yemeje ko abantu bakwiriye kujya batera akabariro mu masaha ya mu gitondo.
Â
Uyu mugabo yaravuze ati:” Niba ukunda kugendana n’isaha y’umubiri , uzamenya neza ko imisemburo yo gutera akabariro k’umugore n’umugabo yose yiyongera mu masaha ya mu gitondo”.
Â
ESE NI IZIHE MPAMVU ZO GUTERA AKABARIRO MU MASAHA YA MU GITONDO.
Â
1. Bituma wirirwa neza: Nta gushidikanya ko gutera akabariro bifasha umuntu wabikoze kwirirwana akanyamuneza.
Â
2.Byongera ubudahangarwa: Gutera akabariro mu masaha ya mu gitondo.
3.Bituma wibuka neza kandi vuba: Gutera akabariro mu gitondo bituma uwabikoze yibuka neza kandi vuba.
Â
4.Bifatwa nk’imyitozo ya mu gitondo: Kubantu batajya babona umwanya wo gukora imyitozo ngorora mubiri bagirwa inama yo kujya batera akabariro kare kare.
5.Birinda umunaniro.