Kuri kicyumweru, tariki ya 21 Nyakanga hategerejwe umukino wanyuma Final urahuza ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR na Red Arrows yo muri Zambia yaje kubutumire. Ni
Abagore benshi bibaza uko bafatagabo babo kugirango bahore babiyumvamo ndetse no kuba bagira impungenge ko babaca inyuma biveho. Ibi ni bimwe mu bintu by’ibanze
Shiloh Jolie-Pitt, umukobwa w’imyaka 18 wa Angelina Jolie na Brad Pitt, yatangaje ko agiye gukuraho izina rya Se Pitt, mu mazina ye. Ibi yabitangaje
Titi Brown yongeye kugaragaza amahitamo ye kuri Miss Nyambo usanzwe azwi muri Cinema Nyarwanda nyuma y’igihe barikoroje. Nta bwo byagiye bivugwa ho rumwe ko
Rema wamamaye mu njyana ya Afrobeats n’umukobwa wo muri Amerika witwa Kelly Akoussah usanzwe akoresha imbuga nkoranyambaga zitandukanye by’umwihariko TikTok ari nayo yamenyekanyeho cyane.
Umuntu wese aho ari hose ashobora kugerwaho n’ikibazo cyo kuba wenyine, kwigunga cyangwa se gutabwa n’abakamubaye hafi. Mu byiciro byose by’imyaka no mu turere