Mu kiganiro Mutesi Scovia yagiriye kuri YouTube Channel ye, yavuze ko hari indirimbo zabaye nka ‘Dawe uri mu Ijuru’ ariko banyirazo bakaba bakennye. Mu
Nyuma yo kuva mu Iserukiramuco yari yatumiwemo Rihanna n’umugabo we A$AP Rocky , bagaragaye ku mucanga wo muri Barbaros. Ubwo Rihanna yaganiraga n’itangazamakuru yavuze
Diamond Platnumz wo muri Tanzania yamaze kwanikira bagenzi be bo muri Afurika y’Iburasirazuba nyuma y’aho Komasava yasubiranyemo na Jason Derulo igereye kuri Billboard. ‘Komasava’
Perezida wa Kenya, William Ruto yabwiye urubyiruko rwe ko rufite amahirwe menshi yo guhanga imirimo rukoresheje imbuga za Meta Business, rugatanga n’akazi kubandi. Ibi
Umugabo wo muri Indonesia witwa Parlindungan yishe umuturanyi we w’imyaka 60 , wamuhozaga ku nkeke amubaza impamvu atari yashaka umugore ku myaka 45 nk’uko
Mu gihe Abanyarwanda bakiryohewe n’indirimbo ‘Komasava’, Chley umwe mu bayiririmbyemo yateguje igitaramo mu Rwanda. Chley wo muri Afurika y’Epfo wahuriye mu ndirimbo ‘Komasava’ na