Umuhanzi Niyo Bosco yashyize hanze Extended Play y’indirimbo 4 agaragaza ko nyuma yo kujya muri Studio hari n’abandi bahanzi afasha gukora no gusohora indirimbo.Mu
U Rwanda ruravugwaho kwibikaho intwaro zihambaye mu kurwanya ibitero bya Drones.Igihugu cy’u Rwanda cyiyongereye mu bihugu bya Afurika bivugwaho ko biherutse kwibikaho intwaro zo
Abasirikare babiri ba Afurika y’Epfo bari mu butumwa bwa SADC bapfiriye  mu Burasirazuba bwa Congo abandi batatu barakomereka.Itangazo ry’Igisirikare cya Afurika y’Epfo [SANDF] rivuga
Umuyobozi wa Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru  Kapend Kamand Faustin yatangaje ko abanyamadini bose baturuka imihanda yose bajya gusenga ko bitemewe kubera impamvu
Umuhungu yagiye mu mwanya wa se yapfuye , agaragariza nyina ko bitari byoroshye ariko ko atagomba gutuma nyina aba wenyine ku munsi w’abakundana.Uyu mwana
Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Gisenyi ku bufatanye na @RwandaHealth baramenyesha abantu bose ko kuva ku wa 23/2 kugera ku wa 12/3/2024 hari abaganga b’inzobere bazaza