APR FC yirukanye abakinnyi 10 icyarimwe itiza abandi 2

12/07/2023 06:05

Ikipe ya APR FC yatangarije abakinnyi 10 bayo ko batazakomezanya, abwira abandi 2 ko bo bazatizwa.

Kuri uyu wa Kabiri nibwo hatangajwe abakinnyi bazasohoka muri iyi kipe y’Ingabo nyuma yo gufata umwanzuro wo kugarura Abanyamahanga.Abayisohokamo batangarijwe mu inama yahuje abakinnyi, abatoza ndetse n’abakozi bayo.

Abirukanwe harimo; Mushikiyimana Djabel , Itangishaka Blaise , Rwabuhihi Placide , Ishimwe Fiston, Ndikumana Fabio, Nsanzimfura Keddy, Ndayishimiye Diedonne , Uwiduhaye Aboubakar, Nsengimana Irishad na Mugisha Bonheur.Abakinnyi batijwe ni Mugunga Yves na Ishimwe Anicet.

Iyi kipe ya APR FC yari imaze imyaka 12 ikinisha AbanyaRwanda gusa.

Advertising

Previous Story

Kenya: Abakora umwuga w’Uburaya batangaje ko bongereye 10% ku giciro cyo kurarana ijoro rimwe kubera izamuka ry’ibiciro kubiribwa n’udukingirizo

Next Story

“Naciye inyuma umukunzi wanjye nisanga nta nakimwe mfite ngira ubwoba”! Umusore yarize ayo kwarika nyuma yo guca inyuma uwo bakundana agahinduka inzererezi

Latest from Imikino

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop