Advertising

APR FC yirukanye abakinnyi 10 icyarimwe itiza abandi 2

07/12/23 6:1 AM
1 min read

Ikipe ya APR FC yatangarije abakinnyi 10 bayo ko batazakomezanya, abwira abandi 2 ko bo bazatizwa.

Kuri uyu wa Kabiri nibwo hatangajwe abakinnyi bazasohoka muri iyi kipe y’Ingabo nyuma yo gufata umwanzuro wo kugarura Abanyamahanga.Abayisohokamo batangarijwe mu inama yahuje abakinnyi, abatoza ndetse n’abakozi bayo.

Abirukanwe harimo; Mushikiyimana Djabel , Itangishaka Blaise , Rwabuhihi Placide , Ishimwe Fiston, Ndikumana Fabio, Nsanzimfura Keddy, Ndayishimiye Diedonne , Uwiduhaye Aboubakar, Nsengimana Irishad na Mugisha Bonheur.Abakinnyi batijwe ni Mugunga Yves na Ishimwe Anicet.

Iyi kipe ya APR FC yari imaze imyaka 12 ikinisha AbanyaRwanda gusa.

Sponsored

Go toTop