Amavubi yakinnye neza habura utsinda igitego

15/11/2023 17:05

Umukino wahuzaga ikipe y’igihugu cya Zimbabwe n’ikipe y’Igihugu Amavubi warangiye amakipe yombi anganya ubusa kubusa.

 

Ni umukino wabereye kuri Stade ya Huye,aho amakipe yombi yatangiye akina neza , gusa Zimbabwe igaragara nk’irimo kwirinda cyane yanga kwataka.

 

Amavubi , yagaragaje gukina neza , gusa ikibazo kikaba gushyira mu izimu nyamara abafana babona ko amahirwe menshi byari kuba igitego.

 

Hagati mu mukino u Rwanda rwari rufite amahirwe kuko u Rwanda rwari rufite amahirwe angana hafi na 60% mu kwiharira umupira , abakinnyi bakina neza gusa ikibazo kikaba kureba mu izamu.

 

Nk’uko byavuzwe Amavubi akeneye kubona umukinnyi ushyira ibitego mu izina.

 

Rwanda , ruzongera kujya mu kibuga ruri gukina n’Ikipe ya Afurika y’Epfo muri iyi mikino yo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy’Isi.

Advertising

Previous Story

Dore ubusobanuro bw’izina Daniel , imico n’imiterere by’abaryitwa

Next Story

Uri imfura muzindi ! Judithe Niyonizera akomeje gushimirwa umutima mwiza yeretse Samusure

Latest from Imikino

Go toTop