Amashusho ya Sheilah Gashumba n’umukinziwe basa n’abambaye ubusa buri buri akomeje guca ibintu kumbuga nkoranyambaga

25/08/2023 21:16

Imvugo ya ‘Hahiye’ niyo irimo kwifashihwa cyane muri Uganda kubera amashusho ya Sheilah Gashumba n’umukunzi we Rickman basa n’abambaye ubusa buri buri bari gusomana.

 

 

Aya mashusho atavuzweho rumwe n’abantu batandukanye bakomeje gushinja Umunyamideri Sheilah Gashumba n’umukunzi we Rickman kwiyandarika , dore ko aya mashusho abagaragaza bombi hamwe bari mubwogero n’andi yafashwe agaragaza ubwambure bwe nk’uko ikinyamakuru cya Igihe.com dukesha iyi nkuru kibitangaza, cyabitangaje.

 

Ibinyamakuru byo muri Uganda bitandukanye byagaragaje ko aya mashusho ashobora kuba yarafashwe ubwo aba bombi bari mubiruhuko.Aya mashusho yashyizwe hanze tariki ya 25 Kanama 2023, gusa kugeza ubu ntabwo icyatumye ashyirwa hanze n’uwayashyize hanze ntabwo byari byamenyekana.

 

 

Sheilah Gashumba , uherutse i Kigali mu gitaramo Kigali Auto Shwo, ni umwe mubagezweho muri Uganda , Kampala by’umwihariko.Uretse no kuba yaramamaye cyane kumbuga nkoranyambaga, Gashumba , ni umwe mubagiye bayobora ibitaramo bitandukanye aho yagiye yifashishwa.

Advertising

Previous Story

Umuhanzi Eddy Kenzo uyuboye ihuriro ry’abahanzi muri Ugannda yatangaje impamvu atazasura mu ishuri kwiga muyabanza

Next Story

Umuteramakofe Bray Wyatt wamamaye mu mirwano ya WWE yapfuye yishwe n’indwara y’umutima

Latest from Imyidagaduro

Go toTop