Niba uri umusore ariko ukaba utazi icyo wakora kugira ngo ubashe gutsindira umukobwa wihebeye.Iyi nkuru iragufasha kumenya uburyo wakoresha.
1. BA UMUHANGA KANDI WUBAHE: Niba ukeneye ko uwo mukobwa akubaha , menya neza ko ugomba kumwubaha ndetse ukubaha n’ibitekerezo bye.Umukobwa wese akunda umusore w’umuhanga.
2.IBYO AKUNDA BISHYIGIKIRE : Shyigikira impano ye ndetse ukunde n’ibyo nawe akunda.
3. UJYE UMWUMVA: Kuba umuhanga bituma ubasha kumwumva ndetse ukumva nibyo ashobora kukubwira. Uretse n’umukobwa nawe ubwawe ukunda ukumva.
4.IGIRIRE ICYIZERE ARIKO NTIWIRATE : Umukobwa akunda umuntu wigirira icyizere ariko kutarimo kwirata.
5. MUKORERE UTUNTU DUTO: Niba ushaka gutsindira umutima w’umukobwa, gerageza gukora iyo bwabaga umukorera utuntu duto. Ushobora kumuha impano ,…