Abasore : Dore ibyagufasha gutsindira umutima w’umukobwa

03/11/2023 07:32

Niba uri umusore ariko ukaba utazi icyo wakora kugira ngo ubashe gutsindira umukobwa wihebeye.Iyi nkuru iragufasha kumenya uburyo wakoresha.

 

1. BA UMUHANGA KANDI WUBAHE: Niba ukeneye ko uwo mukobwa akubaha , menya neza ko ugomba kumwubaha ndetse ukubaha n’ibitekerezo bye.Umukobwa wese akunda umusore w’umuhanga.

 

2.IBYO AKUNDA BISHYIGIKIRE : Shyigikira impano ye ndetse ukunde n’ibyo nawe akunda.

 

3. UJYE UMWUMVA: Kuba umuhanga bituma ubasha kumwumva ndetse ukumva nibyo ashobora kukubwira. Uretse n’umukobwa nawe ubwawe ukunda ukumva.

 

4.IGIRIRE ICYIZERE ARIKO NTIWIRATE : Umukobwa akunda umuntu wigirira icyizere ariko kutarimo kwirata.

 

5. MUKORERE UTUNTU DUTO: Niba ushaka gutsindira umutima w’umukobwa, gerageza gukora iyo bwabaga umukorera utuntu duto. Ushobora kumuha impano ,…

Advertising

Previous Story

Zory Banks wiyita Murumuna wa Yesu yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Blessings’ – VIDEO

Next Story

Kimenyi Yves agiye gukora ubukwe na Miss Uwase Muyango basanzwe babana

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop