Abagore biyongeresheje ikibuno bahangayikishijwe no gusubira uko bahoze

18/04/2023 21:12

Ibihumbi by’abagore baturuka i New York bari kwerekeza muri Brésil mu Murwa Mukuru, Rio de Janeiro, kugira ngo bafashwe gusubira uko bahoze mbere yo kongeresha ikibuno.

Ubusanzwe abagore bakora icyitwa ‘The Brazilian butt lift’ aho abaganga bagenda bafata ahari ibinure ku mubiri wabo bakabikuraho bakabishyira ku kibuno kikarushaho kuba kinini.Kuri ubu abagore ba New York

biyongeresheje ikibuno bahangayikishwe no gusubira uko bahoze aho bari kujya kubikoresha muri Brésil bakishyura ibihumbi 25$, ubwo ni asaga miliyoni 25 z’amafaranga y’u Rwanda.

Umuganga mu Bitaro bya Fifth Avenue plastic surgeon, Dr. Ryan Neinstein, yabwiye Ikinyamakuru Page Six ko kuri ubu abantu benshi bari kwakira ari abashaka kwikuzaho ibibuno bihangano.Fox News mu 2021 yatangaje ko abantu basaga 520 000 bibagisha biganjemo abongeresha ikibuno kandi ko biyongereyeho 40,5% kuva mu 2017.

Advertising

Previous Story

Dore ibintu by’ibanze ukwiriye kuba wujuje mbere y’uko utekereza kujya mu rukundo niba wifuza kubaho wishimye

Next Story

“Nta kintu kiba cyiza nko kwiba umugabo wabandi nawe bakamukwiba” Nkechi Blessing

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop