“Nta kintu kiba cyiza nko kwiba umugabo wabandi nawe bakamukwiba” Nkechi Blessing

18/04/2023 23:39

Umukinnyi wa Filime , akaba n’umwe mu bazitunganya Nkechi Blessings , yashyize hanze igisa n’ikibazo mu matwi y’abantu maze ateza rwasezerera mu mitwe y’ababyumvise.

Uyu mukinnyi wa Filime Bleesings yabaye nkusereza abagabo n’abakobwa biba abagabo babandi maze avuga ko bitangaje kumva ko wibye umugabo wabandi nawe bakamugutwara.Uyu abivuga yashakaga kwereka uburyo abagabo bamwe batereranwa nk’upira aho umugabo ashobora kwirukansabwa n’abakobwa barenza umwe buri wese ashaka kumugira uwe kandi nyamara bidashoboka.

Uyu mukobwa yagize ati:” Ntakintu kiryoha nko kwiba umugabo wabandi nawe bakaza kumugutwara kumugaragaro.Ndimo kwiyama abakobwa batwara abagabo b’abandi bagore bakabagambanira”.

Uyu mukobwa wavuze aya magambo yavutse tariki14 Gashyantare 1989.Yavukiye ndetse akurira muri Surulere mu Mujyi wa Lagos muri Nigeria.Uyu yabaye umwanditsi wa Filime mwiza cyane , ni umwe mubazwi nka ‘Content’ creator, ucunga imitungo y’ibigo akanabihagararira ndetse ni umushabitsi akaba umwe mubakamejeje kumbuga nkoranyambaga.

Advertising

Previous Story

Abagore biyongeresheje ikibuno bahangayikishijwe no gusubira uko bahoze

Next Story

Ubushinjacyaha bwarekuye by’agateganyo abantu 6 bakekwaho kwica Dr Muhirwe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop