Abagabo gusa : Nutangira kubona umugore wawe ari gukora ibi bintu uzamenyeko ashaka ko umwiyegereza

28/05/2024 05:43

Kubijyanye no gutumana ho imbona nkubone, abagore bakunze kgaragaza ibimenyetso byoroshye bishobora kwerekana ko aba ashishikajwe no kukumenya neza kandi ashaka ko umwiyegereza.

1.Guhuza amaso

Niba umukobwa cyangwa umugore uhuza amaso nawe, ukabona adashaka kugukuraho amaso  bishobora kuba ikimenyetso cyuko ashaka ko umwiyegereza. Niba akunda kureba mu cyerekeo cyawe  kandi agakomeza guhuza amaso nawe kabone nubwo waba ufunze amaso, nibyiza byerekana ko akwishimiye kandi ashimishijwe nawe.

2.kumwenyura abikuye ku mutima

Kumwenyura kukuri biherekeza guhuza amaso ni ikimenyetso gikomeye cyerekana ko yaguhisemo kandi yiteguye kuganira nawe.

3.Ururimi rw’umubiri

Ururimi rw’umubiri ni igihe umukobwa cyangwa umugore ubona agenda akwegera cyangwa se akwibaho ubona ko ashaka ko umukoraho. Witondere imvugo y’umubiri we , kuko ishobora guhishura byinshi kubyo agambiriye. Niba ahagaze mu buryo bworoshye, kukuganiriza akwegera, nk kureba cyangwa kugutera umubiri we  kuri wowe ,n’ikimenyetso cyiza. Ashobora kandi kwerekana imyitwarire yo gutangira guhindura imisatsi buri kanya  cyangwa imyambaro, byo bikaba byerekana ko yakwishimiye.

4.kuba hafi yawe

Niba umugore cyangwa umukobwa arimo kwihatira kukuba hafi, bishobora kuba ikimenyetso cyuko ashaka ko umwiyegereza. Niba ahisemo intebe cyangwa ahaze hafi yawe , aba aguhaye amahirwe yo guhita utangira ikiganiro.

5.ikiganiro gito

Igitsina gore baba bashaka ko ubegera akenshi batangiza ibiganiro bito cyangwa bagashaka  uburyo bwo gutangiza ikiganiro. Ashobora gusaba igitekerezo cyawe, gutanga ubusobanuro kukintu kigukikije , cyangwa kwimenyekanisha wenyine. Ibi nibimenyetso bigaragaza ko ashishikajwe no kukumenya neza.

 

Advertising

Previous Story

Amakuru avugwa kumutoza mushya w’Ikipe ya Chelsea

Next Story

U Buhinde: Abantu 28 baraye bahiriye munzu isanzwe iberamo imyidagaduro

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop