Advertising

Jose Chameleon yatangaje ko agiye gukorera igitaramo cye i Kigali

12/08/24 3:1 AM
1 min read

Umuririmbyi w’umunya- Uganda wamenye nka Jose Chameleone, yatangaje ko agiye gukorera igitaramo cye i Kigali, ni nyuma y’imyaka itandatu ishize Abanyarwanda munyotewe.

Ku wa 3 Gashyantare 2022, nabwo yari yatangaje igitaramo nk’iki. Ariko icyo gihe ntiyari yavuze aho kizabera. Kuri iyi nshuro yagaragaje ko kizabera muri Kigali Universe, ku wa 3 Mutarama 2024. Kandi azaba ari wenyine ushingiye ku makuru atangwa nawe. Kuva muri Gashyantare 2022, yatangaza ko azataramira i Kigali, abantu barategereje amaso ahera mu kirere.

Umwe mu bamaze igihe mu muziki w’u Rwanda, yabwiye InyaRwanda ko bijya bibaho umuhanzi agatangaza igitaramo ‘kidahari’ ashaka ko abaterankunga n’abashoramari bamugana bakamufasha gutegura icyo gitaramo kugeza kirangiye. Uyu muririmbyi aheruka gutaramira mu Rwanda mu mwaka wa 2018, mu gitaramo cya Dj Pius cyo kumurika Album ye yise ‘Iwacu’ cyabereye muri Camp Kigali. Muri iki gihe ari kugarukwaho cyane mu itangazamakuru ryo muri Uganda, nyuma y’uko hasohotse amashusho akubita inkoni umumotari.

Mu itangazo yasohoye ku wa 17 Mutarama 2023, Chameleone yavuze ko yahuye na Motari ubwo yari mu modoka yo mu bwoko bwa Range Rover yerekeza mu gace ka Seguku muri Uganda aho asanzwe atuye. Yavuze ko yamukubise yitabara nyuma y’amagambo atari meza yabwiye na motari, kandi motari yari mu mukono we w’ibumoso wo kongeramo. Joseph Mayanja uzwi nka Chameloene ni umuhanzi w’umunya-Uganda ukora umuziki wubakiye ku njyana ya AfroBeat.

Aririmba cyane mu rurimi rw’Icyongereza, Igiswahili na Luganda. Ni umunyamuziki watangiye urugendo mu mwaka wa 1990 ubwo yari mu gihugu cya Kenya, atangiriye mu itsinda rya Ogopa Deejays. Yavutse ku wa 30 Mata 1979, muri Mata 2023 azuzuza imyaka 44. Afite abana barimo Abba Marcus Mayanja, Amma Christian Mayanja, Alba Shyne Mayanja n’abandi.

Afite abavandimwe barimo Pallaso na Weasel bakora umuziki, ndetse na AK 47 witabye Imana. Kuva mu mwaka wa 2008, arwubakanye na Daniella Mayanja. Uyu mugabo yamamaye cyane mu ndirimbo zirimo Badilisha yo mu 2012, Shida Za dunia yo mu 2005, Kuma Obwedisgwa, Tubonge n’izindi.

Yatangaje ko igitaramo cye  kizabera muri Kigali Universe tariki 3 Mutarama 2025.
Jose Chameleone's charges revealed - Sqoop - Get Uganda entertainment news, celebrity gossip, videos and photos
Yavuze ko iki gitaramo aricyo gufasha abanyarwanda gutangira neza umwaka wa 2025.

JOSE CHAMELEONE - GWANGA MUJJE
Jose Chameleon ni umwe mubahanzi bakomeye ndetse yaciye uduhigo dutandukanye.
Jose Chameleone promises 'Forever' in new visuals | VIDEO ALERT

ENYUMBA YA CHAMELEON EMPYA YIINO. CHAMELEONE'S NEW HOUSE.

Villa Chameleon Luxury Residence – Son Vida, Mallorca, Spain – The Pinnacle List
yari aherutse gutangira umushinga wo kuvugurura urugo rwe gusa kuri ubu yarabisoje ndetse hari amafoto atandukanye yagiye ashyira hanze abigarukaho.

Umwanditsi: BONHEUR Yves

Sponsored

Go toTop