ASAP Rock na Rihanna bifatanyije n’umwana wabo ku isabukuru ye y’amavuko

15/05/2024 08:30

Umuraperi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ASAP Rocky yifurije RZA umuhungu we w’imfura isabukuru y’amavuko.Ibi yabishyize hanze mu mashusho n’amafoto bari kumwe.

Muri ibi bihe bidasanzwe bashyize hanze, Rihanna na ASAP Rocky bari bacigatiye aba abana RZA na Riot bishimanye.Nyuma yo gushyira hanze amashusho ASAP yagize ati:” Isabukuru nziza y’amavuko ku muhungu wanjye w’imfura RZA”.

ASAP Rocky na Rihanna bashimangiye ko ari ababyeyi bazi kurera nyuma y’imyaka ine bamaranye.Rihanna agaruka ku kuba ari umubyeyi yagize ati:”Byanzaniye izindi ntego mu buzima bwanjye”.

Rihanna yatangaje ko yishimira inshingano ze nk’umwana w’umukobwa umwe mu muryango w’abahungu 4 avukamo.Ati:”Bintera ishema kuba umubyeyi w’abasore”.

Previous Story

Zari Hassan yanenze umuziki wo muri Uganda

Next Story

Stevie wonder yahawe Ubwenegihugu bwa Ghana

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop