Umushinga wa Filime ya Tiwa Savage wageze ku musozo

04/04/2024 23:32

“Water and Garri” ni Filime ya Tiwa Savage umuhanzi ukomeye muri Nigeria no muri muzika ya Afurika muri rusange. ‘Water and Garri’ izasohoka tariki 10 Mata nk’uko yabigangaje agishyira hanze urupapuro ruyishishikariza abantu.

Izaba ari inkuru ya Aisha [ Savage ] usanzwe akora imideri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika gusa muri iyi Filime bakazerekana uyu mukobwa agaruka iwabo nyuma y’imyaka 10 muri ayo Mahanga.Muri uku kugaruka kwe, azasanga mu gace k’iwabo hiberayo ubugome no kwangizanya.

Iyi Filime izagaragaza ko uyu mukobwa wari uvuye hanze, yaje kwakira gukomeza kubana n’umuryango we , inshuti zo mu giturage.’Water and Garri’ ni Filime yafatiwe cyane mu Mujyi wa Cape Coast .Iyi Filime irimo ibyamamare muri Cinema nka Mike Afolarine, Andrew Buting, Jemima Osunde.Water and Garri ya Tiwa Savage, izagaragaramo ibihugu 240 byo ku Isi yose.

AMWE MU MAFOTO AZAYIGARAGARAMO

Previous Story

Vestine yakorewe ibirori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko – AMAFOTO

Next Story

DRC: Kubera intambara ya M23 ikiro cy’inyama kiri kugura aguze ibiro 13 by’ibirayi

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop