Umwunganizi wa Davido yaciye akayabo k’amafaranga

18/02/2024 11:14

Nyuma y’iminsi mike , Lati inshuti magara akaba umwunganizi wa Davido yasabwe gutanga akayabo k’amafaranga muri Nigeria nyuma yo gusunika umufana wa Davido washakaga kwifotozanya nawe ubwo yari mu gitaramo.

 

Lati, yatanze agera ku bihumbi 200 by’amafaranga yo muri Nigeria [Naila] nyuma yo kugaragara mu mashusho ari gusinikira kuruhande umufana washakaga kwifotozanya na Davido mu kivunge cy’abafana bose bari bashaka kumukoraho  ngo bamwifotorezeho.

 

Ubwo Davido n’itsinda rye rya 30BG , batambukaga mu gitaramo , umufana yashatse kwegera Davido ngo bifotozanye uyu musore aramusunika.Nyuma y’ibi, amashusho yakwirakwijwe kuumbuga Nkoranyambaga bagaya cyane Lati gysa aza kwemera amakosa asaba imbabazi yemerano gutanga angana n’ibihumbi 200 kuri uwo yasunitse.

 

Previous Story

“Nabaye icyamamare bintunguye”! Joeboy

Next Story

Album ya Kanye West yakuwe kumbuga zicuruza umuziki

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop