Advertising

Ndi mwiza abakobwa barankunda, mbayeho ndyohewe ! Lorenzo wa RBA

17/02/2024 21:05

Umwe mu banyamakuru ukora kuri Radio Rwanda uzwi nka Lorenzo yatangaje ibintu byinshi akomoza no kumpamvu abafana na Rayon Sports bakwiye kwakira ibyo guhomba umukinnyi wabo.

Ni mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Julius Chita ukora kuri shene ya YouTube yitwa Chita Magic nibwo uyu musore yirekuye avuga ibintu byinshi harimo no kugaruka ku bimuvugwaho ko asa n’abagore.Ubwo bari mu kiganiro uyu musore yumvikanye avuga ko ari mwiza ameze neza ndetse ko abakobwa benshi bamukunda cyane, dore ko yivugiye ko abakobwa beza birwa bamwandikira.

Ikindi Kandi uyu musore yagarutse ku gihombo abafana ba Rayon Sports bahuye nacyo cyo kubura umwe mu bakinnyi bameze neza, avuga ko bakwiye kwihangana kuko nta mukinnyi uba akwiye kuvanga siporo na politike bityo ko byari ngombwa ko yirukanwa.Sibyo gusa kandi uyu musore yagarutse ku bantu bamuserereza bavuga ko asa n’abakobwa maze avuga ko abantu babivuga atabyitaho kuko ntago wabuza abantu kuvuga ibyo bashaka.

Ibyo byatumye na Chita yungamo ko burya abantu bavuga Kandi ko utababuza kuvuga.Ubusanzwe uyu musore ni umwe mu banyamakuru hano mu gihugu cy’URwanda dufite bameze neza ndetse babahanga cyane.

Previous Story

Zuchu yarutishije Alikiba Diamond Platnumz

Next Story

Bambwira ko ndi umuboyi w’abana banjye ngo sinabyara abana beza b’abazungu, ariko ntewe ishema no kuba mama wabo

Latest from Imikino

U Burundi bwiyemeje gutsinda Senagal

Uyu munsi imikino yo gushaka itike y’igikombe cya Afrika irakomeza mu itsinda rya L Imyiteguro irarimbanyije ku ikipe y’igihugu y’u Burundi Intambakurugamba yitegura umukino
Go toTop