Advertising

Menya ibikubiye mu byatumye Luvumbu atandukana na Rayons Sports

14/02/2024 07:25

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki 13 rishyira 14 Gashyantare nibwo hatangajwe ko Umunyekongo Luvumbu Nzinga yatandukanye n’ikipe ye ya Rayons Sports ariko ku bwumvikane ku mpande zombi.

Rayon Sports yatandukanye n’umukinnyi Héritier Luvumbu Nzinga
Ninyuma yaho, akanama gashinzwe imyitwarire mu Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda kamuhanishije [Heritier Nzinga Luvumbu] guhagarikwa mu bikorwa by’umupira w’amaguru mu Rwanda mu gihe cy’amezi 6.

Luvumbu yakoze ibimenyetso bivugwa ko bifitanye isano n’ibikorwa n’abanye politiki muri Congo ubwo yari amaze gutsinda Police FC igitego.Nyuma y’amasaha atandatu (6hrs) iri tangazo rishyizwe hanze bidatinze Equipe ya Reyon Sport ishize hanze irindi tangazo ryemezako , uyu mukinnyi ko bamaze gutandukana n’iyi Equipe kubwumvikane.

Previous Story

U Bubiligi bwasabye DRC guhagarika gukorana n’imitwe yitwaje intwaro

Next Story

Davido yaguze umudari uri mu ishusho y’umwana we wapfuye umutwara arenga Miliyoni 321 RWF

Latest from Imikino

Kenya: Kipyegon Bett yapfuye ku myaka 26

Kipyegon Bett, umukinnyi w’imikino ngororamubiri wo muri Kenya watsindiye umudali wa bronze mu kwiruka metero 800 muri 2017 muri Shampiyona y’Isi yabereye i London,
Go toTop