Rudeboy yihanganishije abanya-Nigeria

12/02/2024 13:20

Umuhanzi Paul Okoye wamamaye nka Rudeboy yasabye abaturage bo muri Nigeria kwakira ukuri ko batsinzwe mu mimikino y’igikombe cya Afurika cy’Ibihugu.

Rudeboy yavuze ko igikombe cya Afurika cyo cyamaze kurangira kandi ko batsinzwe.Uyu muhanzi yabajijwe icyo byabasaba ngo bihanganire ko batsinzwe kandi babyakire.

Paul Okoye yagize ati:” Mureke twemere ukuri , Ese byasaba iki ? Nimujya mu myigaragambyo nzaba kureba. Mumbwire ahubwo isaha , naho irabera”.Yakomeje avuga amagambo yiganjemo gutebya cyane.

Previous Story

H.E Paul Kagame yatanze igisubizo gikomeye ubwo yabazwaga niba ariwe mukandida wujuje ibikenewe mu matora y’Umukuru w’Igihugu

Next Story

Zuchu yateguriye impano ikomeye abakundana

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop