Otile Brown yateye gapapu Ben Pol

23/01/2024 09:04

Umuhanzi wamamaye nka Otile Brown ari mu rukundo na Arnelisa.

Arnelisa Muigai wari umugore wa Ben Pol ari kuvugwa mu nkuru z’urukundo na Otile Brown ukubutse mu Rwanda mu bihe bya vuba.

https://youtu.be/xChKvKIIdRg

Mu mashusho yagiye hanze harimo amajwi agira ati:” Muraho , ni umuhungu wanyu Bizeee ndi kumwe na Arnelisa udasanzwe, rero nashakaga kugushimira”. Uko bavugaga aya magambo niko Brown yiyegerezaga uyu mwari.

Ibi byatumye benshi bagaragaza ko urukundo rw’iki gihe rutagikomera ngo na cyane ko uwo mukundana uyu munsi atari we mukundana ejo.

Arnelisa na Ben Pol batandukanye muri 2022 bahanye gatanya nyuma yo gukora ubukwe budasanzwe.Aba bari baratangiye gukundana muri 2018 bagihura.

Previous Story

Dore ibyo ugomba kubonera ibisubizo mbere y’uko ufata umwanzuro wo kubana n’uwo muntu

Next Story

Ninjye mugore ukunzwe ! Umugore yishongoye kuri bagenzi

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop