2019

Bruce Melodie agiye kongera gukora amateka muri Rwanda Day

19/01/2024 12:00

Munyakazi niwe muhanzi wa mbere wamaze kwemezwa ko azataramira Abanyarwanda muri Rwanda Day izabera muri Amerika.

 

Uyu muhanzi ukubutse muri Amerika agiye gusubirayo aho azataramira Abanyarwanda n’inshuti zabo guhera tariki 2 kugeza kuri 3 Gashyantare 2024.Munyakazi abinyujije mu mashusho yasangije abafana be yavuze ko yishimiye kuzataramira Abanyarwanda n’Inshuti z’u Rwanda.

 

Yasabye abakunzi be kwiyandikisha ku bwinshi kugira ngo bazabashe kwitabira ibi bitaramo.Muri 2019 nabwo Bruce Melodie yataramiye abanyarwanda n’inshuti zabo , abereka aho umuziki w’u Rwanda wari ugeze muri icyo gihe.

2019

Previous Story

Umubiri urya ibiryo ntabwo unywa inzoga ! Amolon yahishuye ikintu gikomeye cyamubayeho

Next Story

Uwo Zuchu yabenze kubera ubukene yongeye kumutakambira

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop