Marina yagize icyo avuga ku rukundo rwe na Yvan Muziki

15/01/2024 09:39

Nyuma y’ibyavuzwe Marina yagize icyo avuga.

 

Umuhanzikazi Marina Deborah uri ku isonga mu bakobwa bahagaze neza muri muzika Nyarwanda yavuzwe cyane mu rukundo n’umusore nawe w’umuhanzi witwa Yvan Muziki, uyu mukobwa yaciye impaka kubyavuzwe byose.

 

 

 

Uyu muhanzikazi adaciye ku ruhande yeruye maze avuga ko we n’uyu musore Yvan Muziki batari mu rukundo ahubwo bombi ari inshuti cyane bitandukanye nuko abanti babifata.

 

 

Marina Deborah yavuze ko nta mukunzi agira kandi ko aheruka kujya mu rukundo cyera niko gushyira akadomo ku nkuru zari zimaze iminsi zivugwa ko yaba ari mu rukundo n’uyu musore Yvan Muziki.

 

 

Uyu mukobwa yabitangaje ubwo yari mu kiganiro kuri Radio Rwanda mu kiganiro urubura rw’imikino.

Previous Story

Umugabo yabwiye umugore we ushaka gatanya ko abanza kumusubiza ayo y’amukoye yose

Next Story

Bugesera: Abaturage bari kurya amajanja n’amajosi y’inkoko

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop