Yahawe urwamenyo nyuma yo kuvuga ko yaryamanye n’abagore barenga 315 agaragaza ko yabikoze kuba muri Mutarama kugeza mu Ukwakira.
Â
Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kigacishwa kuri Instagram, uyu mugabo wo muri Nigeria , yasabwe kugabanya kwiyita Intwari ndetse abafana basaba n’abandi bagabo kutajya bishuka ko bakoze ibitangaza byo kuryamana n’abagore.
Â
Yabajijwe ati:” Ugereranyije ni abagore bangahe mwaryamanye uyu mwaka?”. Atazuyaje ati:” Bari mu magana”. Ati:” Bari muri 315 barenga”.
Â
Uyu bakoranaga ikiganiro wiyise ‘Remedy Blog’, yamubajije niba yemera ko ikiganiro bagirana agishyira hanze maze nawe arabimwemerera Niko kumubaza umubare w’abo yaryamanye nabo ati:
Â
” Kuva muri Mutarama kugeza ubu mu Ukwakira sinzi neza umubare w’abo cyakora bari hejuru ya 315″.
Â